Advertising

Sir Charles Omambia yashyinguwe mu cyubahiro umubiri we utwarwa na Limousine

13/10/2024 20:48

Sir Chalres Omambia Mugoya yari umuntu uzwi cyane muri Kenya mu Ntara ya Kisii.  Yashyinguwe ku wa Gatanu tariki 11 Ukwakira 2024 aho yari atuye i Kereoke.

Umubiri we watwarwaga na Luxurious Range Rover Limousine, inyuma hagakurikira imodoka zo mu rwego rwo hejuru zimwe na zimwe zikaba ari iz’abayobozi, baje kumuherekeza mu gihe izindi ari iz’umuryango we n’inshuti.

Umubiri we wanyuze mu mihanda yo mu  Mujyi wa Kissi mbere yo kugera aho yari atuye I Keroka.  Luxuriuos Range Rover Limousine Hearse twavuze haruguru, hari igihe yatwarwagwa imiryango ifunguye, kugira ngo abaturage babone isanduka.

Mugihe cyo kumushyingura, abantu ibihumbi cyane cyane abaturutse mu ntara za Nyamira na Kisii baje kumusezera. Baje ari benshi kugira ngo basubize Sir Charles Omambia Mugoya agaciro n’icyubahiro yarakwiye. Nta kindi bamwifurizaga usibye kuruhuka mu mahoro.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Kenya: Umugabo washyinguwe batunguwe no kubona agarutse ari muzima

Next Story

Byinshi wamenya ku ndwara ya Genuphobia itera abasore gutinya gutera ivi

Latest from HANZE

Go toTop