Advertising

RDC/Rwanda:Abaminisitiri b’Ububanyi n’Amahanga bagiye kongera guhura

16/08/2024 01:22

Abaministri b’Ububanya n’Amahanga ku ruhande rw’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bazahurira i Luanda muri Angola kuwa 20 na 21 Kanama 2024, baganire ku buryo hacyemurwa ikibazo cy’umutekano wo mu Karere.

Uku guhura kugiye kongera kubaho nyuma Yuko hasinywe amasezerano asaba impande zihanganye gutanga agahenge kagombaga guhera kuwa 04/08/2024 ariko ntikubahirizwe buri ruhande yaba M23 cyangwa Guverinoma ya RDC bagashinjanya kutubahiriza ako gahenge ariko m23 yo ikaba yari yatangaje ko ubundi itazubahiriza ayo masezerano kuko itayagizemo uruhare.

Ukuzongera guhura kwaba baminisitiri guturuka mu ruzinduko Perezida wa Angola aherutse kugirira mu Rwanda no muri RDC mu ri iki cyumweru.

Previous Story

Miss Rwanda 2012 yakoze ubukwe

Next Story

Tamira Ifi mu Nyarwanda irahari ! Gahunda ya Weekend kuri El Classico Beach Chez West

Latest from Inkuru Nyamukuru

Go toTop