Gén. Sultani Makenga, umuyobozi w’Ishami rya Gisirikare mu mutwe wa M23, yatangaje ko FDLR idashobora kubanesha n’ubwo yahawe intwaro nyinshi na Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC),
Toyota Rwanda yamuritse imodoka nshya yo mu bwoko bwa ‘2025 Toyota Starlet Cross’ ifiye ikoranabuhanga ridasanzwe yitezweho kizigama Lisanse ndetse ikaba yihuta cyane. Iyi