Advertising

Lupita Nyong’O yateguye iborori bikomeje by’isabukuru y’Ipusi ye

08/08/2024 07:57

Lupita Nyong’o ni umukinnyi wa Filime ukemeye ufite inkomoko muri Kenya gusa akaba amaze kuba mpuzamahanga by’umwihariko muri Hollywood.

Kubera uburyo akina , benshi bamaze kumwiyumvamo na cyane ko amaze iminsi agaragaza ko yifuza gukina Filime z’urwenya ariko ko atari yabona uzimushyiramo neza.

Anyuze ku mbuga nkoranyambaga ze, Lupita Nyong’o yagaragaje ko arimo kwizihiza isabukuru ya Gatatu y’Ipusi ye ndetse ayitegurira ikirori kidasanzwe .

Mu mafoto yashyize hanze yagize ati:”Kura Yoyo ! Ni isabukuru y’amavuko yawe”

Previous Story

Abakoresha Facebook na Instagram muri Kenya bongerewe uburyo bwo gukorera amafaranga

Next Story

Gakenke : Babiri bishwe n’ikirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro

Latest from Imyidagaduro

Go toTop