Urukundo ni kimwe mu bitera amayobera mu buzima kuko bivugwa ko ari amarangamutima utabasha gutwara uko ushaka ahubwo rwo rukuyobora uko rushaka. Nawe se
Gusa nubwo kubana n’umugabo cyangwa umugore wikundira inzoga cyane ku buryo igihe cye kinini akimarira mu bubari, ndetse ugasanga n’amafaranga ye ari ho yose
Mu nkuru ya Nkore Iki , y’uyu munsi, tugiye kugaruka ku butumwa bw’umukobwa ugisha inama nyuma yo kurangiza Kaminuza ariko amanota yose yeretse ababyeyi
Abanyarwanda bavuze ukuri bati nta zibana zidakomanya amahembe. Ibi bishatse kuvuga ko mu mibanire hagati y’abashakanye ibintu byose bidahora bigenda neza. Habaho ibiza bene byo