Mu Mirenge ya Kinoni na Gahunga y’Akarere ka Burera, hafashwe abantu 12 bakekwaho kuzengereza abaturage babiba amatungo, by’umwihariko mu bihe by’iminsi mikuru ya Noheli
Ubusanzwe El Classico Beach Chez West, iherereye mu karere ka Rubavu, ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu, hafi y’uruganda rwa BRALIRWA ahazwi nko kuri Brasserie.
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yavuze ko igitero Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye kuri Venezuela ari isomo rikomeye ku Banyafurika, ribibutsa akamaro
Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwatangaje ko bwahagaritse ibikorwa byo gucuruza ibigori bibisi ku bashaka kubyotsa no kubiteka bitogosheje, mu rwego rwo kurengera abahinzi no
IShowSpeed uri kuzengurika Afurika yatangaje ko nagera mu Rwanda ateganya kuzasura ingagi mu Birunga. IShowSpeed yabitangaje nyuma yo kugirira urugendo muri Afurika y’Epfo, aho
Michael Tesfay yizihije isabukuru y’umugore we Miss Nishimwe Naomie wabaye Miss Rwanda 2020, amugenera ubutumwa bwuje urukundo n’ishimwe, ndetse agaragaza ko kubana na we
Victoria Jones w’imyaka 34 y’amavuko umukobwa w’icyamamare usanzwe akina filime witwa Victoria Jones, yapfuye ku munsi mukuru w’ubunani, tariki ya 01 Mutarama, aboneka yapfiriye muri