Cristiano Ronaldo yahawe igihembo cy’umukinnyi w’ibihe byose mu ikipe y’Igihugu ya Portugal aho yizihiza imyaka 22 ayikinira. Ni igihembo yahawe kuri uyu wa 07
Ishimwe Clement umuyobozi wa KINA Music, yatangaje ko afite umugambi wo gushinga ishuri ryigisha umuziki. Ishimwe Clement yatangaje ko iryo shuri rizafasha ababyifuza kunguka
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kicukiro, mu Murenge wa Gatenga, Akagari ka Nyanza, Umudugudu wa Isonga, yafashe abagabo barindwi bakurikiranyweho kwiba no
Dr. Nsengiyumva Justin, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, yatangaje ko nyuma y’aho u Rwanda rwimakaje ubuziranenge mu bucuruzi, byagize uruhare rukomeye mu gutuma Igihugu kigirirwa
Umugabo wo mu Karere ka Bugesera wari Pasiteri yapfiriye mu rugo rw’umugore aho yari yagiye gutera akabariro. Amakuru avuga ko uwo mugabo yari yaratandukanye