Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Robert Prevost wahindutse Leo XIV yatangaje ko kwereka urukundo abakene ari byo bishimangira ukwemera ku mukirisitu mwiza. Mu
Uko ishami rya Polisi rishinzwe ibizamini n’Impushya zo gutwara ibinyabiziga ryakemuye ibibazo byagaragaraga mu rugendo rwo gukorera uruhushya. Mu myaka yashize, mu Rwanda, serivisi
Nyuma y’igitero cy’inyeshyamba za CODECO abantu nibura umunane nibo bamaze kumenyakana ko bapfuye mu Majyaruguru ya Beni, ingabo za FARDC zigawa n;abaturage kubera kudatabara.
Umugabo utakigukunda nti wamunyweraho amazi, agufata nabi ku buryo ushobora kwifuza gusubira iwanyu bikakunanira. Ariko ni ibintu by’ingenzi bizabikwereka ugafata ingamba bitari byagera ku
Niba ufite umusore ukwitegereza , ukaba abona asa n’ugukunda, ita kuri ibi bintu 4 by’ingenzi uzahita umenya ko agukunda by’ukuri cyangwa ko nta rukundo