Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yakebuye abaturage bashoza imanza zo kumvisha bagenzi babo
Mukantaganzwa Domitille yavuze ko hari abaturage bafite umuco utari mwiza wo kuburana ishema aho kuburana ukuri, aho umuntu ashobora kugurisha umurima ngo abone amafaranga