advertising

Advertising

‎Ibizakwereka ko ukundwa cyane n’uwo mwashakanye‎

9 hours ago

Urugo ni ikintu cyiza, urugo rwa babiri rurangwa no gukorera hamwe, gufashanya mu kwita ku bintu bimwe na bimwe ndetse no guhozanya mu marangamutima.Iyo ibyo bidakorwa n’uruhande rumwe havamo kugira agahinda ku ruhande rumwe maze uwavugaga ko akunzwe agatangira gutakira umutima we , akakikirizwa n’amarira.

DORE IBIZAKWEREKAKO UKUNZWE CYANE N’UWO MWASHAKANYE.

Iyo wakunzwe n’uwo mwashakanye, iteka amarangamutima yawe agashyira imbere ariko ntiyirengagize aye. Ibi bishatse kuvuga ko uwo muntu azagukunda , ku manywa , ni mugoroba, ndetse no mu gitondo.

Uwo muntu ntabwo yemera ko hagira ukubabaza mu buryo bumwe cyangwa ubundi ahubwo arakurwanirira kabone niyo nta mpamvu igaragara yaba afite kuri abo bantu bashaka ku kubabaza. Ahora agenzura ngo amenye niba koko ubabazwa.

Iyo yabonye amafaranga ni wowe aheraho. Uwo mwashakanye ugukunda by’umwihariko, iyo agize gutya akabona amafaranga ni wowe aheraho akaguha menshi ashoboka ubundi agatekereza abandi cyangwa ibindi nyuma. Iki ni ikimenyetso cy’uko ukunzwe cyane.

Iyo agukunda cyane, yumva yaguhora hafi kabone n’ubwo yaba afite akazi gahoraho. Uwo muntu mwashakanye ntiyifuza ku kujya kure kuko rimwe na rimwe iyo agiye kugusiga akajya ahantu bimutera amarira , akagira agahinda gakomeye

Author

Ads

ad

Previous Story

Habuze gato ngo nibagirwe uwo nari we Gusa hari ikintu muri njye cyanze gupfa-Shaddyboo yateguje inkuru ibabaje y’ibyo yahuye nabyo mu buzima bwe

Latest from Inkuru z'urukundo

Uko wakira indwara y’urukundo

Urukundo ni kimwe mu byiza abantu bahura nabyo mu buzima, ariko rimwe na rimwe rushobora gutera agahinda n’amarangamutima akomeye iyo rutagiye neza. Bavuga ko
Go toTop