Advertising

Umugore yavuze uburyo umugabo baturanye yamusabye gusambana n’inzoka akamugurira imodoka

13/10/2024 11:11

Uyu mukobwa utarifuje ko amazina ye atangazwa ubwo yigaga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye, yarafite umugabo bakundanaga ndetse akajya kumusura iwe kenshi.

Yajyaga amusezeranya ibintu byinshi ndetse akamuha amafaranga buri cyumweru. Akomeza avuga ko mu byukuri yari abayeho mubuzima buhenze.

Umunsi umwe yagiye kumusura bisanzwe gusa igihe yiteguraga gutaha yamusabye gutegereza iminota mirongo 30, mu gihe bagitegereje umu shoferi wari kumutahana.

Yamuhaye icyo kunywa nk’ibisanzwe, hashize igihe gito yumvise atangiye kugira ubushake budasanzwe bw’imibonano mpuzabitsina.

Ibyakurikiyeho nibyo byari biteye ubwoba ! Yabonye inzoka nini iri kuburiri. Yamusabye kuyegera, amubwira ko ntacyo ari  bube. Yumvaga afite ubwoba  ndetse yumvaga atabishaka rwose.

Gusa umugabo yakomeje kumuhatiriza, ana musezeranya kuzamugurira inzu nini ifite ibyumba bitatu byo kuraramo ndetse n’imodoka. Umukobwa yumvise ari amahirwe yaba yitesheje nuko birangira yemeye.

Nyuma yamuhaye check y’ibihumbi mirongo itatu. Ndetse aranamushimira, ntibyatinze umu shoferi wagombaga kumutahana aba araje amujyana iwabo.

Baje kuvugana nk’iminsi igera kuri itatu nyuma yaho ntiyongeye kumubona. Nimero ye ya telefoni ntajya ayitaba ahora ayivugiraho ndetse n’abashinzwe umutekano w’igipangu cye nti bakimwemerera kwinjira.

Bidaciye kabiri munda yatangiye kuribwa bikabije, gusa yakomeje kwibwira ko biraza gukira vuba. Nyuma yatangiye kuva amaraso, nuko ajya kugura imiti ariko ntibyagira icyo bitanga.

Yaje kwivuriza ku Bitaro byose bishoboka gusa nta cyahindutse, ndetse yaje kwegera abavuzi ba gakondo gusa ntabyo ntacyo byatanze. Nyuma noneho yatangiye kujya aruka ibintu bias nk’inyama.

Yaje kujya yirirwa mu rusengerao asenga gusa arakomeza araremba aba pasiteri benshi bamugira inama ndetse nabavuzi gakondo gusa n’ubu yanze gukira.

Ababyeyi be bigiriye inama yo kujya gushaka umupfumu muri KimKorsi gusa ntabwo ntakizere. Ubu ategereje ko umunsi we ugera wa nyuma wo kuba hano ku isi.

Si byiza ko umwana w’umukobwa cyangwa umugore ashukwa n’umuntu amuhendasha ibintu bidafashije. Abagabo baragirwa inama yo gufata abana bose nk’ababo mu rwego rwo kubarinda.

 

1 Comment

  1. Ndi enock iburundi ntuye ingozi ahitwa ruhororo ham abakobwa beshi bokwirinda gushukwa namatungo abahungu bababonako, cyane ko nawe yarikumenya ko atavyiza bimurimwo akibona ugwo ruyoka

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Kigali Green Complex izaba ari inzu ndende mu Rwanda

Next Story

Anemia ikinyomoro gifasha amaso kureba neza

Latest from Inkuru z'urukundo

Impano waha umukunzi ukurikije uko ateye

Mu gihe utegura impano ni ngombwa gusobanukirwa inyungu z’uwayihawe, ibyo akunda, n’ibikenewe, kuko ibi byerekana ubwitonzi nyabwo nubushishozi  burenze agaciro k’ifaranga uwahawe akabona ko
Go toTop