Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agiye kugaba igitero cya gisirikare kuri Nigeria, ashinja icyo gihugu kureberera ubwicanyi bukorerwa
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31 Ukwakira 2025, umwe mu banyempano bakiri bato bazwi mu itangazamakuru n’itumanaho, Lyvine Nsanzumuhire, yasoje ku mugaragaro icyiciro
Murumuna w’uwari rutahizamu w’ikipe ya Manchester United, Ryan Giggs, agiye kongera kurushinga nyuma y’imyaka 14 asenyewe na mukuru we yanaje gufata arimo gusambanya umugore
Umugabo w’imyaka 34 y’amavuko yari aryamanye n’umugore we yikubita hasi ahita apfa by’amarabira nyuma yo kumenya ko kera kabaye yamuteye inda igikorwa yari amaze
Perezida Félix Antoine Tshisekedi yemeje ko ari mu nzira zo gutegura operasiyo ya gisirikare karahabutaka izasiga abatuye mu bice by’Uburasirazuba bw’igihugu byiganjemo ibyo umutwe
Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwatangaje ko mu mezi 10 ashize ku bufatanye n’izindi nzego bumaze gufata abarenga 60 bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko urukingo rwa COVID-19 rushobora gufasha mu kuvura kanseri, binyuze mu gufasha ubwirinzi bw’umubiri kumenya no kurwanya uturemangingo twa kanseri. Ubu
Urwego rw’u Rwanda Rushinzwe Igorora rwatangaje ko amasasu yumvikanye mu igororero rya Nyamasheke yari agamije guturisha bamwe mu bagororwa bigometse ku mabwiriza agenga igororero.