Eddy Kenzo, ufite byinshi asangiye na Bobi Wine kubera urugendo rw’umuziki banyuranyemo, yagaragaje ko akimukunda kandi ko uretse Politike nta kindi bapfa. Edrisah Kenzo
Rema na Ayra Starr basanzwe bakomeye muri muzika ya Nigeria bakomeje kuvugwa mu itangazamakuru ko bashobora kuba bari mu rukundo kubera uburyo baherutse kugaragara
Umuhanzi w’Umunyarwanda ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , Lona Glory yamaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise 4×4. Ni indirimbo yagiye
Bamwe mu bamaze kumenyekana mu gukoresha imbuga nkoranyambaga zitandukanye bagiye guhurira mu cyiswe Meet and Great yateguwe na 250 Creators. Meet and Greet ni
Tiwa Savage Umuhanzikazi ukomeye muri Nigeria, yagarutse ku buzima bwe bw’urukundo anatangaza ko afite inyota yo gushaka umugabo, ndetse ko atazigera atinya kuba umugore
Miss Mutesi Jolly ari mu byishimo nyuma yo kwiyongera mu mubare w’abatunze imodoka zihenze cyane mu gihugu, ubwo yagaragazaga ko yaguze Mercedes Benz G
Umuhanzi w’icyamamare wo muri Tanzania, Juma Jux, yagaragaje akababaro gakomeye yatewe n’urupfu rwa Raila Odinga wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Kenya, avuga ko utabarutse
Umunyamideri Kim Kardashian yashyize hanze ukuri ku gutandukana kwe na Kanye West babyaranye. Kim yavuze ko kubura umutekano mu bijyanye n’amarangamutima no mu mikoro