Leta ya Kenya yemeje ko abantu 21 bapfiriye mu nkangu yabaye mu karere ka Marakwet East, mu burengerazuba bw’igihugu, itewe n’imvura nyinshi imaze iminsi
Abasore batatu bapfiriye mu gitero cy’indege z’intambara za Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyagabwe ku bwato bwavugwagaho kunyuza ibiyobyabwenge mu Nyanja ya Karayibe bubyinjiza
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yategetse abayobozi b’ingabo z’Amerika ko bagomba gutangira ibikorwa byo kugerageza intwaro kirimbuzi z’igihugu nyuma y’ibikorwa
Umugabo wahoze ari umukozi wo mu gikoni cya resitora yitwa Hereford House iherereye i Leawood muri Kansas muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yafashwe yifata
Umugabo w’imyaka 50 y’amavuko yishe umugore we n’abana be batatu adasize n’imbwa ye ubwo bari bagiye mu biruhuko ;abajijwe icyabimuteye asubija ko yashakaga kubakiza
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje uko ba Jenerali bo mu gisirikare cya DRC bavuga indimi ebyiri ku mutwe w’iterabwoba