Ubwo yaganiraga n’abanyamakuru ari mu ndege ya Air Force One mu rugendo rwerekeza mu Buyapani, Trump yavuze ko yakwishimira kongera kwiyamamaza kugira ngo atorerwe
Mu mujyi wa Salta muri Argentine hakwirakwiye inkuru idasanzwe y’umugore uri mu kigero cy’imyaka 18 y’amavuko, washakanye n’umugabo ukora akazi ko gutwara abagenzi muri
Guverinoma ya gisirikare ya Mali yatangaje ko yabaye ifunze amashuri abanza, ayisumbuye, amakuru na za kaminuza by’agateganyo mu gihe cy’ibyumweru bibiri kubera ibura ry’ibikomoka
Umwami Charles III w’u Bwongereza agiye kwitabira ku nshuro ya mbere igikorwa cyahariwe ku mugaragaro abaryamana bahuje ibitsina n’abihindura ibitsina aho azatangiza urwibutso rwiswe
AFC/M23 banyomoje amakuru akomeje gusakazwa ku mbuga nkoranyambaga n’Abarundi, avuga ko bambuwe ikibuga cy’indege cya Kavumu giherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba
Umurwanyi w’umutwe wa FDLR yafatiwe mu mirwano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo , impuguke muri Politiki y’Akarere zikaba zikomeje gushimangira ko
Gen Sylvain Ekenge usanzwe ari umuvugizi w’Igisirikare cya Congo, yashinje AFC/M23 kurenga ku gahenge ko guhagarika imirwano, ingabo za leta ngo icyo gikora ni
Umuvugizi w’ibiro bya Perezida wa Amerika, White House, Karoline Leavitt, yatangaje ko Perezida Donald Trump mu rugendo azagirira muri Aziya mu cyumweru gitaha, azahura