Umukobwa w’imyaka 12 yagiye kuba kwa musaza we wubatse ,akazajya amufata ku ngufu inshuro avuga ko umugore atamuhaza ;afata umwanzuro wo kujya kwa mukuru
Rurangiranwa mu iteramakofe Anthony Joshua agiye kurwana n’umurusiya ufite hafi metero ebyiri z’uburebure ;urwana n’inyamaswa z’inkazi zo mu bwoko bw’amadubu iyo ari gukora imyitozo
Tim Westwood, wahoze ari umunyamakuru wa BBC Radio 1 ndetse akaba yaranamenyekanye cyane nk’umuyobozi w’ikiganiro ‘Pimp My Ride’ kuri MTV UK, yagejejwe mu butabera
Umukinnyi mpuzamahanga w’Igihugu cya Togo, Samuel Asamoah ntazongera kunyeganyega [Paralysie] nyuma yo gukubita umutwe ku cyapa cyamamaza cyari kiri ku ruhande rw’ikibuga, bikarangira avunitse
Umusore w’imyaka 19 yinjiye mu nteko ishinga amategeko ya Kenya atabiherewe uburenganzira ;abajijwe impamvu yabikoze asobanura ko ari umuhungu w’ibanga wabyawe na Perezida William
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yemeje ko Israel na Hamas bamaze kumvikana ku cyiciro cya mbere cy’amasezerano yo guhagarika imirwano,