Davido wamenyekanye muri muzika yagizwe Perezida w’Ikigega cy’Imikino cya Leta ya Osun mbere y’uko ataramira i Kigali. Byatangajwe n’Ubuyobozi bwa Leta ya Osun mu
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abarimu bo mu Rwanda batangiye guhugurwa ku gukoresha ikoranabuhanga ry’ubwenge muntu buhangano kuko ribonwa nk’umusemburo w’iterambere ry’uburezi bw’ahazaza. Ni imwe
Lionel Messi yasinyiye ikipe ya Inter Miami yo muri Amerika , amasezerano azamugeza muri 2028 akuraho ibihuba byo gusubira muri FC Barcelona no guhagarika
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), Gen Muhoozi Kainarugaba, yifurije isabukuru nziza Paul Kagame w’u Rwanda amushimira ubuyobozi bwe bw’Intangarugero. Ni mu butumwa yanyujije
Juvenal Marizamunda Minisitiri w’Ingabo, yagaragaje akamaro n’uburemere bw’inshingano z’ingabo zirwanira ku butaka, agaragaza ko izi ngabo ari zo zitabara mu bihe bikomeye, bityo zikaba
Umukinnyi wa Filime mu Rwanda Kayonga Gatesi wakuzwe cyane muri ‘Filime’ yiswe Maya yatoranyijwe mu cyiciro cy’abahataniye ibihembo bya Mashariki African Film Festival Awards,
Real Madrid yatsinze Juventus bigoranye mu gihe Liverpool, yari imaze iminsi ititwara neza, yatsinze Eintracht Frankfurt ku buryo bwatumye yisubiza icyizere imbere y’abafana bayo.
Umuramyi mu ndirimbo zahimbiwe Imana Josh Ishimwe, uri mu bakunzwe baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza, yifurije umugore we isabukuru nziza y’amavuko, amuhata imitoma