advertising

Advertising

Abanyeshuri bashyizwe igorora ! Menya aho wakorera Internship kandi heza

by February 4, 2026
2 hours ago

Ugeze mu mwaka wa Gatatu cyangwa uwa Gatandatu w’amashuri yisumbuye ariko ntabwo uramenya aho bagufasha gutyaza ubumenyi bwawe by’umwihariko bakanagufasha gushyira mu ngiro ibyo wize mu ishuri. Ishuri ritanga ‘Internship’ turakurangira ni ‘Logic Training Center’. Wababona kuri 0782275500 cyangwa 0725785402.

Ishuri rya Logic Training Center rimaze kuba ubukombe mu kwigisha imyuga yigenjemo iy’ikoranabuhanga, riherereye mu Karere ka Rubavu , mu Mujyi wa Gisenyi. Ni ishuri ryiza kuri buri wese waba yarahoranye inzozi zo kwikorera mu by’ikoranabuhanga cyangwa gukorera abanda.

Muri Logic Training Center , kuri ubu bari kumenyesha abanyeshuri ko batangiye kwandika abanyeshuri bifuza kuzahakorera ‘Internship’ boherezwamo n’ikigo cyangwa iyabo bwite mu gihe baba bashaka gukarishya ubumenyi.

Abazahakorera ‘Internship’ , bazatangira amasomo muri Werurwe, ku itariki 15 muri uyu mwaka wa 2026.

Zimwe muri ‘Internship’ batanga harimo; ‘Software Development harimo kugukarishya mu byerekeye ; PHP, JAVA SCRIPT, HTML, C++ , C na Python.

Batanga Internship muri ‘Electronic and Telecommunication’, dusangamo ; Electronic Maintainance, Arduno,  Embedded System na Antenna Installation.

Muri Logic Training Center kandi bafasha mu gutanga ‘Internship’ muri Computer System and Archetecture nk’umwihariko wabo. Muri masomo batanga harimo ; pply Digital Electronic , SetUp LED, LCD DCREEM, n’ibindi

Batanga ‘Internship’ mu mashanyarazi cyangwa ‘Electricity’. Hano harimo ku gufasha kumenya uko hakorwa ‘Installation’ y’ibanze y’amashanyarazi n’ibijyana nabyo, n’ibindi.

Muri Logic Training Center ntabwo batanga Internship gusa ahubwo banafasha abanyeshuri gukomeza kwihugura banakora aho urangije neza amasomo agaragaza ubuhanga ahabwa akazi muri icyo kigo.

Batanga ‘Iyimenyereza’ muri IOT, LAN, PHP, LINUX , DATABASE , CCV CAMERA installation n’ibindi.

Uramutse ushaka ibindi bisobanura , wanyura kuri 0782275500 cyangwa 0725785402.

Author

Ads

ad

Previous Story

Frida Kajala yatomoye Harmonize amusezeranya kuzabana iteka

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop