Umutwe wa M23 urashinja guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kurenga ku masezerano y’agahenge bagiranye, ndetse no guhonyora ibiganiro bya Doha. Ibi uyu
Ubuyobozi bw’igisirikare cya Repubulika ya Demokasi ya Congo(FARDC) bwatangaje ko amakuru yakwirakwiye avuga ko hari kwimurwa intwaro z’igisirikare ziri Uvira ari ibinyoma mu gihe
Mu mujyi wa Gokarna mu Buhinde, havumbuwe inkuru itangaje y’umugore w’Umurusiyakazi witwa Nina Kutina, wabanaga n’abana be babiri b’abakobwa mu buvumo buri mu ishyamba
Umuramyi mu ndirimbo zahimbiwe Imana Josh Ishimwe, uri mu bakunzwe baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza, yifurije umugore we isabukuru nziza y’amavuko, amuhata imitoma
Igihugu cy’U Rwanda nicyo cyahawe kwakira ibirori bizahemberwamo abakinnyi b’indashyikirwa bahize abandi mu gusiganwa ku magare ku mugabane wa Afurika. Ibi bihembo bigiye gutangwa