Mu gihe wabona ibi bimenyetso bibiri ugiye kuryama , menya ko ushobora kuba urwaye Kanseri wihutire kwa muganga. Abahanga mu by’ubuvuzi, bavuga ko hari
Niba wajyaga wibaza uko wamenya niba waranduye Kanseri y’udusabo tw’intanga ngore , iyi nkuru ni wowe yandikiwe. Ushobora kuba kandi nta makuru wari ubifiteho.
Umuvuzi kabuhariwe yatangaje ko hari byinshi umuntu yakwigira ku mubiri we abinyujije mu kureba ibara ry’inkari yihagaritse nk’uko tugiye kubirebera hamwe muri iyi nkuru.
Prostate ni agasabo gato gaherereye hafi y’uruhago, gafite inshingano yo kurekura amatembabuzi amwe aherekeza intanga ndetse no kuyabika. Muri iyi nkuru urasobanukirwa n’uko wamenya