Ni gute agakingirizo gafungurwa mu buryo butekanye? Ubuzima Gukoresha agakingirizo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni imwe mu nzira zemewe zo kwirinda kwandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina, harimo n’agakoko gatera SIDA. Mu Read More
Amafunguro y’ingenzi ku mwana utangiye kurya Ubuzima Kuva umwana ageze ku mezi atandatu y’amavuko atangira guhabwa ifashabere, igizwe n’amafunguro anyuranye agenda ahinduka bitewe n’ikigero cy’imyaka agezemo nk’uko tugiye kubirebera hamwe. Muri Read More
Ese wari uzi ko hari ibiryo bituma usaza vuba? Amafunguro 5 akwiye kugabanywa Izindi nkuru·Ubuzima Amafunguro ashobora gutuma umuntu asaza imburagihe, ku buryo yagaragara nk’ushaje nyamara imyaka ye ikiri mike. Iyo urya kenshi ibiryo byongera ububyimbirwe mu mubiri (high Read More
Menya impamvu kongera gukoresha agakingiro bwa kabiri muri gutera akabariro bigira ingaruka kubuzima bwanyu ! Izindi nkuru·Ubuzima Umwe mubahanga mu by’ubuzima witwa Abena , yahaye gasopo abanu bakoresha agakingirizo inshuro 2 cyangwa bakazirenza aho kugahindura. Inama za Abena Yeboah zireba cyane Read More
Menya ‘Snacks’ ukwiriye kurya mbere yo kuryama kugira ngo ugire ibitotsi byiza Izindi nkuru·Ubuzima Muri rusange hari ubwo umuntu yifuza kugira inzozi nziza n’ibitotsi byiza ariko akabura icyabimufashamo, muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe zimwe muri ‘Snacks’ zagufasha Read More
Ubushakashatsi bwagaragaje ibyago byo kugabanya ibilo hakoreshejwe inshinge Ubuzima Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko abantu bagabanya ibilo bakoresheje inshinge zizwi nka Mounjaro na Wegovy bashobora guhura n’ikibazo cyo kongera ibilo ku muvuduko ukabije iyo Read More
Ubushakashatsi: Ngaya amafunguro udakwiriye kurya ushonje Izindi nkuru·Ubuzima Mu guhe ushonje hari amafunguro ukwiriye kwirinda kurarikira kuko ashobora kugira ingaruka ku buzima bwawe nk’uko ubushakashatsi tugiye kurebera hamwe bubigaragaza. Ni amafunguro ndetse Read More
Abagore bagera kuri 830,000,000 bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’abo bashakanye Izindi nkuru·Ubuzima Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, ryagaragaje ko abagore barenga miliyoni 830 ku Isi bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’abo bashakanye nibura inshuro Read More
Bigenda bite iyo uvuye ku nzoga ? Izindi nkuru·Ubuzima Niba wifuza kumenya uko bigenda iyo uvuye ku nzoga cyangwa ku bindi bisindisha, soma iyi nkuru. Ubusanzwe inzoga si nziza ndetse bnshi mu bazinywa Read More
Nyir’uruganda rukora ‘Be One Gin’ yatawe muri yombi Inkuru ku Rwanda·Ubuzima Habumugisha Jean Paul, nyir’uruganda ‘Roots Investment Group’ rukora inzoga zizwi nka ‘Be One Gin’, yatawe muri yombi ndetse amakuru ahari ahamya ko dosiye ye Read More