Mu ijoro ryo gutangiza shampiyona ya ‘Major League Socce’ kuri BMO Stadium haraba umukino ukomeye ufatwa nk’ishyiraniro ugahuza ikipe ya Los Angeles FC irakira
Mu mwaka wa 2026 habayeho guhurirana kudasanzwe mu mateka y’Isi, aho iminsi mikuru itatu ikomeye ku rwego mMpuzamahanga yatangiriye mu masaha atarenga 24. Iyi
Minisiteri y’Ikoranabuhanga mu Itumanaho na Inovasiyo, Ministry of ICT and Innovation Rwanda (MINICT), yahakanye amakuru yari amaze iminsi akwirakwira ku mbuga nkoranyambaga avuga ko
Umuririmbyi w’injyana ya Afrobeats, Simisola Kosoko uzwi nka Simi, yagaragaje uburakari bukomeye ku bijyanye n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abagore n’abana, asaba ko hafatwa
Umukinnyi wa filime w’icyamamare muri Hollywood, Robert Duvall, ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yitabye Imana ku myaka 95 y’amavuko. Uyu mukinnyi wari
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashimiye Minisitiri w’Intebe wa Barbados, Mia Amor Mottley, nyuma yo kongera kugirirwa icyizere cyo kuyobora igihugu cye
Mu ijoro ryo ku wa Kane, LeBron James yanditse amateka mashya muri Shampiyona ya NBA ubwo yabaga umukinnyi ukuze kurusha abandi bose wagize ‘Triple-Double;.
Mu Mujyi wa São Paulo muri Brazil, hashyizweho itegeko rishya ryemerera amatungo yo mu rugo, nk’imbwa n’injangwe, gushyingurwa hamwe na ba nyirazo mu gihe