Sénégal yiyemeje gukaza ibihano ku baryamana bahuje ibitsina
Mu gihugu cya Sénégal, haravugwa umushinga mushya w’itegeko ugamije gukaza ibihano ku baryamana bahuje ibitsina. Ibi byatangajwe na Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu, Ousmane Sonko,