Amakosa abantu bakora mu rukundo batazi ko yangiza urukundo, ku buryo ashobora gushyira iherezo ku rukundo. Wanga kuba wenyine Iyo utandukanye n’umuhungu/umukobwa,uhita ushaka undi
Mu by’ukuri, nta muntu uba yifuza kuba umunyeshyari mu rukundo ngo abe ari wa muntu uzwiho gufuha cyane. Ifuhe rishobora kwangiza umubano ukomeye w’urukundo.
Abantu benshi bakunze kwibaza ku gace kitwa Point G kabarizwa mu myanya y’ibanga y’abagore ,abashakanye ndetse n’abatera akabariro batarashakanye bahamya ko ariho hazingiye ibyishimo
Ryan yari afite imyaka igera kuri 20 igihe yahuraga n’urukundo rw’ubuzima bwe, Ruby. Ruby yari afite imyaka 18 y’amavuko kandi yari mwiza cyane. Ryan