
George Bernard Shaw yavuze uko abanyabwenge bakoresha ubwenge aho gukoresha imbaraga
George Bernard Shaw yabayeho hagati 1856-1950 ni umunya Irilande  akaba yaramamaye cyane bitewe n’ibitabo yanditse n’ibitekerezo bikomeye yagiye agaragaza byerekereranye n’ubukungu. Yanditse ibitabo byinshi