Umuhanzikazi w’Umunyarwanda, Marina Deborah yavuze ko impamvu akiri isugi ari uko umubiri we ari urusengero rw’Uwiteka. Ibi byabaye ubwo uyu muhanzikazi ukunzwe n’abatari bake
Abinyujije ku rubuga rwe rwa X, Bamporiki Edouard yagaragaje ko ashyigikiye guhuza imbaraga kwa Bruce Melodie na The Ben bagiye guhurira mu bitaramo bizenguruka
Priscy Ojo ukomoka muri Nigeria n’umugabo we Juma Jux wamamaye muri muzika ya Tanzania , bakoze ibirori byo kwishimira umwaka bamaze barushinze nk’umugore n’umugabo.
Urukundo rw’umugabo n’umugore rushingira cyane ku magambo meza, ku byiyumvo bigaragazwa no ku buryo umwe aha undi agaciro. Umugore akenera kumva akunzwe, yizerwa kandi
Juno Kizigenza uri mu bahanzi bakomeye hano mu Rwanda, yagaragaje ibimenyetso byo kuba yemeye kureka rimwe mu mazina ye yakoreshaga mu muziki we ariryo rya Rutwitsi, nk’uko
Umukinnyi wa filime n’urwenya icyarimwe wamamaye nka Captain Regis biravugwa ko umukobwa bari bamaze igihe bakundana nyuma ya Micky ari we Queen Ringo yaba ari mu rukundo
Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamenyekanye nka Bruce Melodie, ni umwe mu bamaze kubaka izina mu buryo budasubirwaho ndetse mu Rwanda amaze kugaragaza ko ibyo asaba