Uwase Muyango Claudine, ukunzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga ndetse wamenyekanye cyane mu kazi ko kuyobora ibirori mu tubari ibizwi nko ‘Guhostinga’ yasubije umunyamakuru KNC
Kuri uyu wa Gatatu mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ruherereye i Nyamirambo, haburanishijwe urubanza rw’ubujurire bwatanzwe na Nizeyimana Didier uzwi nka Muchoma, Nkeramihigo Japhet,
Umuhanzi nyarwanda Bruce Melodie yageze mu Mujyi wa Brussels mu Belgium, aho yagiye kwitegura igitaramo azahuriramo n’umuhanzikazi w’Umunya-Uganda Sheebah Karungi. Ku wa Kabiri tariki
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Iran, Mehdi Taremi, usanzwe akinira ikipe ya Olympiakos F.C. yo mu Bugereki, yatangaje ko yifuza gusubira iwabo muri Iran kugira
Umunyamakuru Mutesi Scovia yavuze ku mashusho ye yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga abyina indirimbo “Aragitosa” ya G – TUFF Mu kiganiro Twibature, cyatambutse kuri uyu
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abasore babiri bagaragaye mu mashusho bakorera urugomo umukobwa mu Mujyi wa Musanze. Aya mashusho yakomeje gukwirakwizwa ku mbuga