Umuhanzi w’icyamamare wo muri Tanzania, Juma Jux, yagaragaje akababaro gakomeye yatewe n’urupfu rwa Raila Odinga wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Kenya, avuga ko utabarutse
Umunyamideri Kim Kardashian yashyize hanze ukuri ku gutandukana kwe na Kanye West babyaranye. Kim yavuze ko kubura umutekano mu bijyanye n’amarangamutima no mu mikoro
Umuraperi-kazi Nicki Minaj, yongeye gutungura abafana be nyuma yo gutangaza ko ahagaritse umuziki ndetse no gusohora album nshya, ibintu byahise bivugisha benshi ku mbuga
Urukundo rwa Britney Spears na Kevin Federline rwongeye kugarukwaho cyane nyuma y’uko Kevin atangaje mu gitabo gishya yise You Thought You Knew” ko yafashe
Uwahoze ari umugabo w’umuhanzikazi, Sia yamaze kumurega mu nkinko asaba ko yazajya amuha miliyoni 32 z’amafaranga y’u Rwanda za buri kwezi zo kumwondora no
Umuhanzi The Ben mu myiteguro yo gusohora indirimbo eshatu mbere y’uko umwaka urangira. Mugisha Benjamin [The Ben] umaze iminsi i Bali muri Indonesia aho
Sean Diddy Combs, yategetswe n’Urukiko rwa Amerika gushyikiriza inzego za Leta ibikoresho byose by’ikoranabuhanga bifitanye isano n’iperereza ku byaha by’ubusambanyi n’icuruzwa ry’abantu ashinjwa gukora
Umuhanzikazi w’Umunya-Tanzania, Paula Kajala, yagaragaje ko indirimbo nshya y’umugabo we Marioo yise Njozi, yahuriyemo n’umuhanzi n’umutunganyirizamuzika w’Umunyarwanda Element EleéeH, yateje ikibazo mu rugo rwabo.