Damini Ebunoluwa Ogulu wamenyekanye nka Sophia Egbueje yatangaje ko yaryamanye na Burna Boy barangije ngo amwima imodoka yo mu bwoko bwa Lamborghini yari yamusezeranyije
Umuhanzi akaba n’umushoramari ndetse ari mubagezweho muri iki kiraganwa Bruce Melody, ubwo yari mu kiganiro n’abanyamukuru mu gihugu cya Kenya, umunyamakuru yabikomojeho ndetse arabimuzaba
Umumideri wamamaye muri Tanzania Hamisa Mobetto umaze igihe gito arushinze n’umukinnyi Stephanie Aziz Ki, yagaragaje ko mu gihe yaba yifuje gushaka umugore wa Kabiri
Umuhanzi Kendo uri mu bagezweho , yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya yise ‘Oluwa’ yayobowe na Big Deal. Ni indirimbo irimo ubutumwa bw’urukundo aho aba
Khloe Karadashian wamamaye mu myidagaduro yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , yatangaje ko yifuza gukora ubukwe n’umutinganyi akaba ari we babana nk’umugore
Umuhanzi Justin Bieber yiyamye aba paparazi bamutangiriye imbere ya Restaurent ari kumwe n’umugore we agaragaza ko ari agasuzuguro bitewe n’uburyo bamufotora agaragara. JB yahamije
Umuhanzi Juno Kizigenza yahakanye amakuru amaze iminsi avuga ko yarongoye France Mpundu yafashije kumenyekanisha indirimbo ze bakaba no muri Rebel imwe ya Huha. Juno