Nyuma y’uko Kanye West atangaje ko yatandukanye n’umugore we Bianca Censori, bongeye kugaragara bari gusangira mu Birwa bya Balearic muri Espagne nk’uko TMZ ibitangaza.
Umuraperi Lil Wayne yongeye gutangaza ko yababajwe cyane no kuba atarahawe amahirwe yo kuririmba muri Super Bowl iheruka, cyane ko yari yabereye ku ivuko.
Umukinnyi w’icyamamare Will Smith yemeye kumara umwaka adakora imibonano mpuzabitsina n’umugore we Jada Smith kubera ko yagombaga kuzakina muri Filime yiswe Ali yasohotse muri
Bahati wakoranye n’abahanzi batandukanye barimo na Bruce Melodie , akaba umwe mu bahanzi bamaze kugaragaza ko bakunda umugore we cyane, nyuma yo kumuha impano
Umuhanzi w’Umunyarwanda Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben, yegukanye ibihembo bitatu muri bitanu yari ahataniye mu irushanwa rya East African Arts Entertainment Awards ryabereye