Mu minsi mike ishize habaye impaka ndende ku mbuga nkoranyambaga, nyuma y’uko abakunzi b’ibyamamare batunguwe no kubona ko umuraperi w’icyamamare Cardi B n’umukinnyi w’umupira w’amaguru (american
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, rwatangaje ko Ubujurire bwa Shema Arnaud de Boscher uzwi nka DJ Toxxyk uregwa ibyaha by’ubwicanyi budaturutse ku bushake, kwanga ko
Umuhanzikazi w’Umunyarwanda, Marina Deborah yavuze ko impamvu akiri isugi ari uko umubiri we ari urusengero rw’Uwiteka. Ibi byabaye ubwo uyu muhanzikazi ukunzwe n’abatari bake
Abinyujije ku rubuga rwe rwa X, Bamporiki Edouard yagaragaje ko ashyigikiye guhuza imbaraga kwa Bruce Melodie na The Ben bagiye guhurira mu bitaramo bizenguruka
Gisele Bündchen, umunyamideli wamamaye ku rwego mpuzamahanga, yongeye kuvugwa cyane nyuma yo kugaragaza ku mugaragaro impeta y’ubukwe bwe ku nshuro ya mbere kuva yarushinga
Justine Nameere, umwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, yatangaje ko mugenzi we Ali Nganda Kasirye Mulyanyama yigeze gufatanwa kureba amashusho y’urukozasoni, bikaba
Umuraperikazi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Cardi B, akunze kugaruka ku bamuzi ku mugaragaro ku bijyanye n’ibikorwa byo kwibagisha yahisemo gukora ku mubiri we mu
Juno Kizigenza uri mu bahanzi bakomeye hano mu Rwanda, yagaragaje ibimenyetso byo kuba yemeye kureka rimwe mu mazina ye yakoreshaga mu muziki we ariryo rya Rutwitsi, nk’uko