Isiganwa ngarukamwaka ryo kwizihiza Umunsi w’Intwari z’Igihugu rizwi nka Heroes Cycling Cup 2026 ryabaye ku wa Gatandatu tariki ya 24 Mutarama 2026, ryegukanwa na
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yashyizwe mu Itsinda A hamwe n’amakipe ya Estonia, Grenada na Kenya, mu irushanwa ritegurwa na FIFA rigamije guhuza amakipe
Ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) bufatanyije n’ubwa Rwanda Premier League bwamaganye bikomeye imyitwarire irimo ibisa n’imyigaragambyo byagaragajwe na bamwe mu bafana ba
Kuri iki Cyumweru, hasojwe Igikombe cya Afurika 2025 cyaberaga muri Maroc, cyegukanywe n’ikipe ya Senegal itsinze Morocco igitego 1-0 mu mukino wa nyuma wabereye
Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yatangaje amagambo yo gushimira no kwifatanya n’ikipe y’Igihugu ya Senegal yegukanye igikombe cya Afurika itsinze
Ikipe y’igihugu ya Senegal yari yikuye mu kibuga bitewe no kutumvikana n’umusifuzi, yegukanye igikombe cya Afurika cya 2025 (CAN 2025) mu mukino wa nyuma
FC Barcelona yongeye kugaragaza ubuhangange bwayo mu mupira w’amaguru itsinda Real Madrid ibitego 3-2, yegukana igikombe cya Super Cup ya Espagne ku nshuro ya
Fall Ngagne Rutahizamu ukomeye ukomoka muri Senegal, yasubukuye imyitozo mu ikipe yamutangaje nk’umukinnyi Rayon Sports nyuma y’uko yari yaragiye iwabo. Rayon Sports ikomeje imyitozo