Davido wamenyekanye muri muzika yagizwe Perezida w’Ikigega cy’Imikino cya Leta ya Osun mbere y’uko ataramira i Kigali. Byatangajwe n’Ubuyobozi bwa Leta ya Osun mu
Real Madrid yatsinze Juventus bigoranye mu gihe Liverpool, yari imaze iminsi ititwara neza, yatsinze Eintracht Frankfurt ku buryo bwatumye yisubiza icyizere imbere y’abafana bayo.
Igihugu cy’U Rwanda nicyo cyahawe kwakira ibirori bizahemberwamo abakinnyi b’indashyikirwa bahize abandi mu gusiganwa ku magare ku mugabane wa Afurika. Ibi bihembo bigiye gutangwa
Umutoni Aline usanzwe ari umusifuzikazi Mpuzamahanga yatangaje ko agiye kurega Perezida w’ikipe ya Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles kubera amagambo yamutangajeho. Ibyo Umutoni Aline
Ikipe y’Igihugu ya Maroc y’Abahungu batarengeje imyaka 20 yegukanye Igikombe cy’Isi nyuma yo gutsinda Argentina ibitego 2-0 byatsinzwe na Yassir Zabiri. Ni mukino wa
Uworizagwira Florien [Yampano] yakuriye inzira ku murima abibaza niba nta mpungenge atewe no kuba bamutwara umukunzi we kubera kumushyira ku mbuga nkoranyambaga cyane, ibizwi