Abakinnyi b’Abanyarwanda bakina mu mahanga bakomeje kwitwara neza cyangwa bagatanga umusanzu mu makipe yabo mu mpera z’icyumweru, mu gihe imyiteguro yo guhamagarwa mu Ikipe
Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, Rwanda Premier League, rwatangaje ko umukino w’ikirarane w’umunsi wa 15 wagombaga guhuza APR FC na Al
Manchester City yabonye intsinzi ikomeye itsinze Liverpool ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 25 wa Shampiyona y’u Bwongereza wabereye kuri Anfield Road ku Cyumweru,
Carlos Alcaraz yakoze amateka akomeye muri Tennis y’Isi, nyuma yo gutsinda Novak Djokovic mu mukino wa nyuma wa Australian Open ahita anaba umukinnyi wa
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije rutahizamu Mugisha Didier uherutse gutandukana na Police FC, aho yemeye kuyikinira amasezerano y’amezi atandatu. Aya makuru yashyizwe
Ikipe ya Manchester United yongeye kwandika amateka mashya itsindira Arsenal kuri Emirates Stadium, mu mukino wo ku munsi wa 23 wa Shampiyona y’u Bwongereza