Mu Buyapani hafunguwe akabari gatanga ibinyobwa ku buntu ku bantu batekereza kureka akazi
Mu Buyapani, hafunguwe akabari gafite igitekerezo kidasanzwe cyo gutanga ibinyobwa ku muntu wese uri gutekereza kureka akazi ke kandi ku buntu. Aka kabari ubu kari gufatwa nk’ahantu hafasha abantu