Umugabo wahoze ari umukozi wo mu gikoni cya resitora yitwa Hereford House iherereye i Leawood muri Kansas muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yafashwe yifata
Umugabo w’imyaka 50 y’amavuko yishe umugore we n’abana be batatu adasize n’imbwa ye ubwo bari bagiye mu biruhuko ;abajijwe icyabimuteye asubija ko yashakaga kubakiza
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje uko ba Jenerali bo mu gisirikare cya DRC bavuga indimi ebyiri ku mutwe w’iterabwoba
Ubwo yaganiraga n’abanyamakuru ari mu ndege ya Air Force One mu rugendo rwerekeza mu Buyapani, Trump yavuze ko yakwishimira kongera kwiyamamaza kugira ngo atorerwe
Mu mujyi wa Salta muri Argentine hakwirakwiye inkuru idasanzwe y’umugore uri mu kigero cy’imyaka 18 y’amavuko, washakanye n’umugabo ukora akazi ko gutwara abagenzi muri
Guverinoma ya gisirikare ya Mali yatangaje ko yabaye ifunze amashuri abanza, ayisumbuye, amakuru na za kaminuza by’agateganyo mu gihe cy’ibyumweru bibiri kubera ibura ry’ibikomoka
Umwami Charles III w’u Bwongereza agiye kwitabira ku nshuro ya mbere igikorwa cyahariwe ku mugaragaro abaryamana bahuje ibitsina n’abihindura ibitsina aho azatangiza urwibutso rwiswe
AFC/M23 banyomoje amakuru akomeje gusakazwa ku mbuga nkoranyambaga n’Abarundi, avuga ko bambuwe ikibuga cy’indege cya Kavumu giherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba