Donald Trump yanenze ifoto ye yakoreshejwe n’ikinyamakuru Time Magazine ku nkuru cyari cyanditse ku ruhare yagize mu guhagarika imirwano muri Gaza. Iyo nkuru yasohotse
Mu gihe abantu benshi bari biteze ko Inama Mpuzamahanga y’Amahoro yabereye i Sharm El-Sheikh mu Misiri ku wa Mbere w’iki cyumweru izitabirwa n’abakuru b’ibihugu
Mainly Mannie, umusore wubatse izina rikomeye ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane kuri TikTok, aho azwi cyane nka “Boss and CEO”, yatangaje ku mugaragaro ko
Perezida wa Kenya, William Ruto, yatangaje ko agiye gutangira amasomo y’icyiciro cya gatatu cya Kaminuza mu bijyanye n’ubwenge bw’ubukorano (AI). Ni amasomo agiye kwiga
Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina usa n’aho ari mu bibazo yatangaje ko yihishe ahantu hatekanye nyuma y’igerageza ryo kumwica, ryanakurikiwe n’imyigaragambyo y’abaturage basaba ko
Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Oscar Balinda, yatangaje ko ibiganiro hagati y’uyu mutwe na Leta ya Perezida Félix Tshisekedi birimo kugenda neza, ndetse ko bigeze
Perezida Félix Tshisekedi wa DRC yatangaje ko abari mu mitwe y’inyeshyamba avuga ko bakorera inyungu z’uwashotoye Congo batazigera binjizwa muri Leta cyangwa mu ngabo.