Menya ibiribwa byomora ibikomere mu gihe gito na Vitamini zikenerwa ngo igisebe gikire
Hari ubwo umubiri wa muntu ukomereka cyangwa ugahura n’inguma zatewe n’ibintu bitandukanye ariko zikaba zavurwa n’ibiribwa binyuranye gukira bikaba mu gihe gito.