Umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, na APR FC yasezeranye kubana akaramata n’umukunzi we Mpinganzima Josephine. Ni mu birori byabaye kuri iki Cyumweru tariki
Umuhanzikazi Celien Dion wakunzwe cyane mu ndirimbo z’urukundo, yongeye kugaragara mu ruhame ari kumwe n’abana be nyuma y’igihe bivuzwe ko arwaye indwara idakira. Celine
Imikino y’umunsi wa 3 wa Shampiyona y’u Rwanda, Rwanda Premier League yakomeje amakipe amwe aratsinda andi aratsindwa nk’uko tugiye kubirebera hamwe muri iyi nkuru.
Guhera mu ntangiriro z’umwaka wa 2026, Leta y’u Rwanda irateganya gutangiza uburyo bushya bwo gupima uturemangingo ndangasano (DNA) tw’umwana ukiri mu nda. Ni gahunda