Icyishaka Davis [Davis D], ategerejwe mu Mujyi wa Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, aho azataramira mu gitaramo East Africa Show in Dubai giteganyijwe
Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina usa n’aho ari mu bibazo yatangaje ko yihishe ahantu hatekanye nyuma y’igerageza ryo kumwica, ryanakurikiwe n’imyigaragambyo y’abaturage basaba ko
Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Oscar Balinda, yatangaje ko ibiganiro hagati y’uyu mutwe na Leta ya Perezida Félix Tshisekedi birimo kugenda neza, ndetse ko bigeze
Perezida Félix Tshisekedi wa DRC yatangaje ko abari mu mitwe y’inyeshyamba avuga ko bakorera inyungu z’uwashotoye Congo batazigera binjizwa muri Leta cyangwa mu ngabo.
Umuvuzi kabuhariwe yatangaje ko hari byinshi umuntu yakwigira ku mubiri we abinyujije mu kureba ibara ry’inkari yihagaritse nk’uko tugiye kubirebera hamwe muri iyi nkuru.
Prostate ni agasabo gato gaherereye hafi y’uruhago, gafite inshingano yo kurekura amatembabuzi amwe aherekeza intanga ndetse no kuyabika. Muri iyi nkuru urasobanukirwa n’uko wamenya