Ku wa 14 Ukwakira 2025, Inteko Rusange y’Ihuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki yatoye Dr. Frank Habineza na Alphonse Nkubana nk’Abasenateri bashya. Abo bombi
Umuhanzikazi w’Umunya-Tanzania, Paula Kajala, yagaragaje ko indirimbo nshya y’umugabo we Marioo yise Njozi, yahuriyemo n’umuhanzi n’umutunganyirizamuzika w’Umunyarwanda Element EleéeH, yateje ikibazo mu rugo rwabo.
Intumwa za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’iz’Ihuriro AFC/M23 bemeranyije gushyiraho urwego ruhuriweho ruzagenzura iyubahirizwa ry’agahenge mu Ntara za Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo.
Mwanafunze Ismael ni umwe mu bafite ijwi rituma abantu benshi bamwumva bita kubyo ari kuvuga, bijyana n’ingingo zitandukanye akunda gutegura mu biganiro bye. Ni
Police FC yatangaje ko yasinyishije Manishimwe Djabel uheruka gutandukana na Naft Al-Wassat SC yo mu cyiciro cya kabiri muri Iraq, asinya amasezerano y’umwaka umwe.
Kimenyi Yves, yasubije ubutumwa bwa Miss Uwase Muyango Claudine amushimira byimazeyo ku magambo yuje urukundo yamugeneye ku isabukuru ye. Mu butumwa bwe, Kimenyi umwe
Rtd Major Jean Bosco Mubarakh Kayinamura, akaba ari we mukuru w’umuryango wa nyakwigendera Umulisa Cynthia, wapfuye urupfu rutavuzweho rumwe, yagaragaje ko atanyuzwe na raporo
Perezida wa Kenya, William Ruto, yatangaje ko agiye gutangira amasomo y’icyiciro cya gatatu cya Kaminuza mu bijyanye n’ubwenge bw’ubukorano (AI). Ni amasomo agiye kwiga