Ubumwe Nyarwanda bw’Abatabona mu Rwanda (RUB) buratangaza ko gukomeza guharanira ko ubudaheza buba mu byihutirwa ari ingenzi, kuko kubaho neza ku muntu ufite ubumuga
Perezida wa FC Barcelona, Joan Laporta, yatangaje ko umubano n’umunyabigwi w’iyi kipe, Lionel Messi, wigeze kuzamo agatotsi, ariko ahishura ko bari gutegura umuhango udasanzwe
Ababyeyi ba Jude Bellingham ukinira Real Madrid na Jobe Bellingham ukinira Borussia Dortmund, Mark Bellingham na Denise, batandukanye nyuma y’imyaka myinshi bari bamaze babana.
Ubwo bari bageze muri Canada aho bagiye gukorera ibitaramo bitandukanye, Vestine na Dorcas bagaragaje byinshi ku mibereho yabo Vestine ashurako yari yarabujije umuvandimwe we
Ku wa 14 Ukwakira 2025, Inteko Rusange y’Ihuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki yatoye Dr. Frank Habineza na Alphonse Nkubana nk’Abasenateri bashya. Abo bombi
Umuhanzikazi w’Umunya-Tanzania, Paula Kajala, yagaragaje ko indirimbo nshya y’umugabo we Marioo yise Njozi, yahuriyemo n’umuhanzi n’umutunganyirizamuzika w’Umunyarwanda Element EleéeH, yateje ikibazo mu rugo rwabo.
Intumwa za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’iz’Ihuriro AFC/M23 bemeranyije gushyiraho urwego ruhuriweho ruzagenzura iyubahirizwa ry’agahenge mu Ntara za Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo.