Mu gihugu cya Nigeria haravugwa inkuru itangaje y’isake yatsinzwe urubanza ku guteza urusaku mu baturanyi, nyirayo ategekwa kuyibaga kuri uyu wa Gatanu. Urukiko rwo
Bibaho ko umugore adashobora kunezererwa mu gitanda cyangwa ngo yishime mu yindi mvugo. Ese impamvu ni iyihe? Icyo umugabo asabwa gukora mu buzima bwe,
Inyinya, amasoso ,kuririmba ni ibimenyetso simusiga bihita bikwereka ko Kenny Edwin neza neza asa na Meddy wamamaye mu muziki nyarwanda igihe Kinini. Uyu musore
Umukambwe w’imyaka 81 ari muri gereza nyuma yo gushinjwa icyaha cyo kwivugana umugore we n’umukobwa we n’agashoka. Uyu musaza witwa ‘Reginald MacLaren’ bivugwa ko
Ni abantu benshi baba bifuza kugabanya umubyibuho n’ubwo hari n’ababa bifuza kubyibuha . Ariko ibyo akenshi biterwa no kutanyurwa cyangwa amagambo y’abantu. Ariko ku
Impamvu zitera abasore n’inkumi guhirika imyaka ari ingaramakirambi Gushaka no gushaka nicyo kintu cyonyine kiba gutegerejwe n’abantu bose kuburyo abo mu muryango wawe baba
Nyakubahwa perezida Paul Kagame yagaragaye azanira amazi perezida wa kenya ‘William Ruto’ubwo yararimo kuvuga ijambo, ibintu byakoze ku mitima ya benshi. Nk’uko tubikesha ‘Apanews’
Abibazaga impamvu abakunzi bagiye gushakana babanza kuvuga ibisekuru by’abo, hari impamvu ikomeye. Burya ni uko baba bagira ngo badashaka bahuje isano. Kuri uyu