Kuri uyu wa 28 Mata 2025, ikipe ya Rutsiro FC yatangaje ko yahagaritse Umunyezamu wayo ndetse n’umutoza Mukuru Gatera Musa kubera umusaruro muke bagaragaje
Shakib Cham umugabo wa Zari Hassan , yahishuye ko uko akumbuye umugore we ajya muri Afurika y’Epfo bakabonana. Shakib yavuze ko icyumweru kidashobora gutambuka
MONUSCO yishimiye amasezerano yasinywe hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo i Washington ku wa 25 Mata 2025 , agashyirwaho umukono ku
Umuhanzi Mario yaciye agahigo muri Tanzania aba umuhanzi wa mbere kuri Audiomack no kuri Boomplay. Mario yaherukaga kuvugwa ubwo yakoraga ubukwe na Paula Kajala
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi umwe mu bakuru b’Ibihugu bazajya gushyingura kuri nyakwigendera Umukuru wa Kilizaya Gatolika ku Isi Francis.