Umuhanzi Lady Gaga yavuze ko igitaramo aherutse gukorera muri Brazil cyitabiriwe n’abantu barenga Miliyoni 2.5 ndetse ahamya ko ari agahigo gakomeye aciye ku Isi
Inama y’Abepiskopi Gatolika muri Leta ya New York muri Amerika yamaganye Perezida Donald Trump, imushinja gusuzugura ukwemera kwabo nyuma yo gushyira hanze ifoto yakozwe