advertising

Advertising

Amerika: Umugore yifashe amashusho ari gukora ibitavugwa nyuma ayacuruza ku mbuga zicuruza amashusho y’urukozasoni

3 hours ago

Umugore wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yifashe amashusho ari kunyara ku bicuruzwa by’abandi, arangije ayo mashusho ayacuruza ku mbuga z’urukozasoni kugira ngo abone amafaranga.

Uwo mugore wo muri Leta ya Florida ho muri Amerika, amakuru avuga ko yangije ibikoresho bifite agaciro k’amafaranga angana $5,000 arenga cyane 7,301,000 z’amafaranga y’u Rwanda.

Icyatangaje abantu benshi ndetse kikanabatera agahinda ni uko ngo uwo mugore yahise afata ayo mashusho akayacuruza ku mbuga zisanzwe zizwi gucuruza amashusho y’urukozasoni agambiriye kubona amafaranga.

Uwo mugore witwa Nicolette Keough, yahise ajyanwa kuri Polisi nyuma y’aho nyiri bicuruzwa aboneye ayo mashusho nyamukobwa washakaga amafaranga ari kubyihagarikaho.

Muri ibyo bicuruzwa harimo ; Imashini ikora ikawa, imashini ishyushya,imashini yandika , Televiziyo , amajagi , Imikeka,intebe ndetse n’ibindi bitandukanye.

Mike Wood, umuyobozi wa Polisi y’aho Nicolette Keough yerekejwe yemeje ayo makuru agaragaza ko ubu ari gukurikiranwa nk’uko NYP dukesha iyi nkuru babitangaje.

Yagize ati:”Uwo mugore ukiri muto yafashwe kuko yashakaga gukorera amafaranga akora ibikorwa bidahwitse”.

Umuyobozi wa Polisi yakomeje avuga byinshi mu byangijwe ndetse agira inama abantu yo kujya bitonda.

Ibirimo ; Imashini ikora ikawa, imashini ishyushya,imashini yandika , Televiziyo , amajagi , Imikeka ndetse ngo ibindi nk’amavaze, ibitanda, ibyuma by’amashanyarazi,byose byangijwe.

Uwo w’imyaka 31 y’amavuko yajyanywe gufungwa aho ategereje kugezwa imbere y’ubutabera akabazwa ibyo yakoze.

Author

Ads

ad

Previous Story

Elon Musk yavuze ko amafaranga agenerwa abantu mu zabukuru ashobora kuzatakaza agaciro mu bihe biri imbere bya AI

Latest from Inkuru Nyamukuru

Senegal yambuwe igikombe cya Afurika

Nk’uko byatangajwe na Federation y’Umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) , ikipe ya Senegal yambuwe igikombe cya Afurika cya 2025 iterwa mpaga y’ibitego 3:0 gihabwa
Go toTop