Advertising

Ibintu bitanu imbwa zireha mbere bitaraba

20/10/2024 11:27

Imbwa zizwiho ubushobozi budasanzwe bwo  gukoresha amazuru yayo kuru  inyamaswa zitandukanye. Kuva mubihe bya kera imbwa zafatwaga nk’amatungo ndetse bimwe mubihugu by’I Burayi zihabwa gaciro kajya kungana naka abantu, cyane ko nazo zigira amazina, amavuriro ndetse naho kurara.

 

Umunsi.com twabakoreye ubushakashatsi kubintu bitanu imbwa zishobora kureba ko bigiye kuba mugihe ikiremwamuntu kibatazi ibijya mbere.

  1. Bad weather condition (ihindagurika ritunguranye ry’ikirere)
    Abashakashatsi bemeze ko imbwa zifite ubushobozi bwo kuba zamenya ihindagurika ry’ikirere rigiye kuba mukanya kari buze. Urugero ni nk’inkubiri yumuyaga ndetse nibindi bitandukanye. Aha abashakashatsi bavuga ko iyo bigiye kuba akenshi imbwa zisa naho ziciye bugufi ziga sutarara.

 

  1. Earthquake awaranes (umutingito)
    Abashakashatsi bemeza ko bagendeye kubimenyetso imbwa zose zahurizagaho muri tumwe muduce twibasiwe n’umutingito ukomeye cyane nko ,mu Buyapani, u Bushinwa, ndete n’ Ubuhinde byagaragaye ko zimenya ko umutingito wegereje.

 

  1. Danger detection (Amakuba)
    Imbwa ikoresheje ubushobozi bwayo budasanzwe mu kurehe ishobora kumenya niba umuntu muri kumwe cyangwa uri kuza akugana ayaba afite ibiturika nka grenade cyangwa bomb ndetse ikaba yamenya niba yanyweye ibiyobyabwenge.

 

  1. Medical marvels
    Ubyemere cyangwa ubyange abashakashatsi bagaragaje ko imbwa zishobora kumenya indwara umuntu adwaye harimo nka: cancer, umuvuduko mucye w’amaraso ndetse nizindi ndwara harimo ebola, cvd19 ndetse nizindi.

 

  1. Detecting Pregnancy
    Abahanga bemeza ko bagendeye kumyitwarira imbwa zigaragaza ndetse nibimenyetso by’umubiri imbwa ziba zizi umuntu utwite mu muryango zirarizwamo umuhanga mugutahura ibimenyetso akaba yabimenya..

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Jua Cali umuraperi wo muri Kenya arembeye mu bitaro

Next Story

Amoko 10 y’urukundo

Latest from Ubuzima

Ibyiza byo koga amazi akonje

Hari abantu bamwe bakunda koga amazi akonje, abandi bakabitinya, bagahitamo kaga ashyushye. Nyamara burya buri kintu cyose kigira ibyiza byacyo niyo mpamvu muri iyi

Uko wakivura indwara y’umujagararo

Nk’uko ubushakashatsi bubigaragaza abantu benshi bahanganye n’amaganya,30% by’abantu bakuru bose bo muri Amerika, bazakubwira ko gushaka inzira nziza zo kurangaza ibitekerezo byawe bitoroshye. Ibimenyetso

Inyamaswa zihaka igihe kirekire

Ijambo guhaka rikoreshwa ku bisimba binini by’ibinyamabere nk’inka, gusa ku muntu harimo umwihariko, hakoreshwa ijambo gutwita. Hano ku umunsi.com twabakoreye urutonde rw’inyamaswa zihaka igihe
Go toTop