advertising

Advertising

Umuraperi Fizzo Mason yakoze mu nganzo ahuza imbaraga na Joshari bashyira hanze iyo bise ‘Zabada’ – VIDEO

4 months ago

Umuraperi wamamaye mu njyana ya Hip Hop Fizzo Mason ,yashyize hanze amashusho y’indirimbo yise ‘Zabada’ ishingiye ku nkuru y’urukundo.

 

Mu kiganiro , Fizzo Mason yagiranye na umunsi.com/ yavuze ko iyi ndirimbo ishingiye ku nkuru y’urukundo hagati y’abantu babiri

Mu magambo ye yagize ati:” Iyi ndirimbo ishingiye ku nkuru y’urukungo rwa babiri Iyi ndirimbo ‘Zabada’ irazimije ariko n’ibyagihanzi , uwayumvise ashobora guhita ayamenya”.

 

 

Fizzo Mason ni umuraperi utajya acika intege muri muzika ye na cyane ko yatangiye kuwukora kuva kera.Uyu muhanzi yatangaje ko nyuma y’iki gihangano gishya afite indi mishinga arimo gutegura.

 

Author

Ads

ad

Previous Story

Diamond Platnumz yongeye kugaragara mu mashusho ari gusangira n’umugabo wa Zari Hassan bahuje urugwiro

Next Story

MU MAFOTO: Irebere uburanga bwa Ndekwe Paulette ugiye guhagararira u Rwanda mu marushanwa y’ubwiza ya Miss Cosmo World 2023

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop