Abasore : Dore ibyagufasha gutsindira umutima w’umukobwa

October 3, 2025
1 min read

Niba uri umusore ariko ukaba utazi icyo wakora kugira ngo ubashe gutsindira umukobwa wihebeye.Iyi nkuru iragufasha kumenya uburyo wakoresha.

 

1. BA UMUHANGA KANDI WUBAHE: Niba ukeneye ko uwo mukobwa akubaha , menya neza ko ugomba kumwubaha ndetse ukubaha n’ibitekerezo bye.Umukobwa wese akunda umusore w’umuhanga.

 

2.IBYO AKUNDA BISHYIGIKIRE : Shyigikira impano ye ndetse ukunde n’ibyo nawe akunda.

 

3. UJYE UMWUMVA: Kuba umuhanga bituma ubasha kumwumva ndetse ukumva nibyo ashobora kukubwira. Uretse n’umukobwa nawe ubwawe ukunda ukumva.

 

4.IGIRIRE ICYIZERE ARIKO NTIWIRATE : Umukobwa akunda umuntu wigirira icyizere ariko kutarimo kwirata.

 

5. MUKORERE UTUNTU DUTO: Niba ushaka gutsindira umutima w’umukobwa, gerageza gukora iyo bwabaga umukorera utuntu duto. Ushobora kumuha impano ,…

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Supermanager uvuye mu gitaramo muri Uganda agarukanye akayabo k’amadorari maze yikoma Melodie na Element bahuriye ku rubyiniro rumwe

Next Story

Kim Kardashian yavuze ko umukobwa we North west akunda kubana na Se Kanye West

Latest from Uncategorized

Go toTop