Hari gukorwa urukingo ruzajya ruterwa abanyoye itabi rya Cocaine rukabarinda kugira amarere

October 3, 2025
1 min read

Mu gihugu cya Brazil hari gukorwa urukingo rushya ruzajya rukingirwa abantu bazahajwe n’itabi ryo mu bwoko bwa Cocaine.

 

Uru rukingo rwiswengo ngo ‘Calixcoca’ rwitezweho kuzaba rukozwe mu buryo rutazajya rubasha kugera mu bwonko bigafasha uwarunyweye kujya amarere ngo azahazwe narwo.

 

Itsinda riri gukora ubushakashatsi ryo muri Kaminuza ya Federal muri Minas Gerais riratanga icyizere cy’uko urwo rukingo ruzaboneka na cyane ko bizabageza ku gihembo cya $530,000 ya buri cyumweru azatangwa na ‘Latin American Medicine’ nk’uko Nypost babitangaza.

 

Uru rukingo ruzajya rukora Antibodies zituma Molecules za Cocaine zitagera mu maraso hanyuma zikajya mu bwonko.

 

Isuzuma ryambere ryakorewe ku nyamasawa gusa kubantu birateganywa mu minsi iri imbere kuko abantu bagera ku bihumbi 3 bamaze kwemera kubushake ko bazakorerwaho isuzuma.

Isoko: Nypost

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

China : Umwana w’umukobwa w’imyaka 3 yatabawe nyuma y’uko inkende zimushimuse arikumwe n’ababyeyi be mu mashamba

Next Story

Umuhanzi Mbosso yagiye kurubyiniro mu myambarire yatunguye abantu benshi

Latest from Uncategorized

Go toTop