advertising

Advertising

Shaffy utuye yashyize hanze indirimbo ‘Bana’ yafatanyije na Chris Eazy [ VIDEO ]

5 months ago

Umuhanzi w’Umunyarwanda ukorera umuziki muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Shaffy , yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Bana’ yafatanyije Chris Eazy uri mubagezweho mu Rwanda.

 

Iyi ndirimbo igaragaramo Christopher, ni imwe mu ndirimbo uyu muhanzi Shaffy ushinjwa kwigana ijwi rya Meddy yashyize hanze muri uyu mwaka wa 2023.

 

Bana yiganjemo ubutumwa bw’umusore uba uri gutereta umukobwa arimo kumubwira ko amukunde cyane.

 

REBA HANO AMASHUSHO Y’INDIRIMBO ‘BANA’ YA SHAFT NA CHRIS EAZY

Author

Ads

ad

Previous Story

Mu gihugu cy’Ubuhinde umwana w’umukobwa yavukanye imitwe itatu

Next Story

Umuhanzi Mbosso yazamuye urwango afitanye na mugenzi we Otile Brown

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop