Burundi : Uwahoze ari Padiri yanditse asezera ahita akora ubukwe n’umukobwa yihebeye

October 3, 2025
1 min read

Padiri Innocent wakoreraga umurimo w’Imana muri Diyoseze ya Muyinga mu gihugu cy’u Burundi yakoze ubukwe yemera kubaka n’umugore we akaramata.

 

Nyuma y’imyaka 12 ari Padiri , Innocent wo mu gihugu cy’u Burundi yanditse urwandiko [ Ikete] , arushyikiriza Umuyobozi mukuru wa Diyoseze ya Muyinga agaragaza ko avuye muri izo nshingano.

 

Uyu mupadiri , yari yarahawe uburenganzira bwo kujya kwiga i Burayi. Ikinyamakuru cyandikira muri iki gihugu cyitwa Newlevelsite ati:” Tumwifurije urugo ruhire”.

 

Benshi mu bagize icyo bavuga kuri uyu mupadiri wahisemo gutandukana n’itegeko ry’i Roma akishakira umugore bibajije niba koko byemewe ko abapadiri babyemerewe.

 

Basomyi bacu beza dukunda , iyi nkuru murayivugaho iki ? Ese birakwiye ko umupadiri wihaye Imana avamo agashaka ? Ku bwawe ubivugaho iki ?

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Zari Hassan yashimiye umugabo we wamubaye hafi ubwo yatwaraga igikombe

Next Story

Mu gihugu cy’Ubuhinde umwana w’umukobwa yavukanye imitwe itatu

Latest from Uncategorized

Go toTop