advertising

Advertising

Burundi : Uwahoze ari Padiri yanditse asezera ahita akora ubukwe n’umukobwa yihebeye

5 months ago

Padiri Innocent wakoreraga umurimo w’Imana muri Diyoseze ya Muyinga mu gihugu cy’u Burundi yakoze ubukwe yemera kubaka n’umugore we akaramata.

 

Nyuma y’imyaka 12 ari Padiri , Innocent wo mu gihugu cy’u Burundi yanditse urwandiko [ Ikete] , arushyikiriza Umuyobozi mukuru wa Diyoseze ya Muyinga agaragaza ko avuye muri izo nshingano.

 

Uyu mupadiri , yari yarahawe uburenganzira bwo kujya kwiga i Burayi. Ikinyamakuru cyandikira muri iki gihugu cyitwa Newlevelsite ati:” Tumwifurije urugo ruhire”.

 

Benshi mu bagize icyo bavuga kuri uyu mupadiri wahisemo gutandukana n’itegeko ry’i Roma akishakira umugore bibajije niba koko byemewe ko abapadiri babyemerewe.

 

Basomyi bacu beza dukunda , iyi nkuru murayivugaho iki ? Ese birakwiye ko umupadiri wihaye Imana avamo agashaka ? Ku bwawe ubivugaho iki ?

Author

Ads

ad

Previous Story

Alliah Cool yashyize hanze filime itaravuzweho rumwe kubera amashusho arimo y’ubusambanyi arimo

Next Story

KIGALI : Umugabo wafatiye mu cyuho umugore we aryamanye n’umusore ukiri muto yarize cyane asaba ko babatanya

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop