BIRAVUGWA: Ibyamamare birimo Zari , Diamond na Meddy mu bazitabira ubukwe bwa The Ben 

October 3, 2025
1 min read

Mu gihe Tiger B yitegura gukora ubukwe na Pamella bamwe mu bahanzi b’ibyamamare muri Afurika bashyizwe ku rutonde rw’abazitabira ubwo bukwe.

 

Amakuru avuga ko bamwe mu bahanzi bamamaye muri Afurika bazabutaha na cyane ko nabanyirabwo ari ibyamamare ntasubirwaho hano mu Rwanda no hanze yarwo.

 

Bamwe mu bashyizwe mu majwi harimo abo The Ben yakoranye nabo ndetse n’abo bamenyanye mu buryo hutandukanye nk’umuhanzi ukomeye..

 

Muri aba bahanzi harimo , Otile Brown bakoranye indirimbo, Meddy , Rema , Sheebah , Zari n’uwahoze ari umugabo we Diamond , Tiwa n’abandi.

 

Biteganyijwe ko ubu bukwe bwa The Ben Tiger B, buzaba mu kwezi kwa Ukuboza tariki 23 uyu mwaka.

 

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Diamond Platnumz yagiye muri Afurika y’Epfo gusura abana yabyaranye na Zari bamubwira ko ntawe umurusha amafaranga

Next Story

Umuramyi Tumaini Byinshi wamamaye mu ndirimbo ‘Abafite ikimenyetso’ yatanze amashimwe menshi ku Mana nyuma y’uko umugore we arokotse impanuka ikomeye

Latest from Uncategorized

Go toTop