Ateye nk’igisabo ! Amataye ya Kayumba Darina witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda 2022 akomeje kuvugisha abantu

11/12/2023 21:51

Umukobwa witabiriye irushanwa rya Nyampinga w’ubwiza Kayumba Darina yavugishije abatari bake kubera uburanga bwe n’amataye ye.

Uyu mukobwa yafashe amashusho ye yambaye akambaro kamwegereye cyane , ayanyuza kumbuga nkoranyambaga ze [ Instagram ], aho abayabonye batangajwe n’uko ateye.

Ni amashusho yaherekejwe n’indirimbo ya Kimzer ubwo yayashyiraga kumbuga nkoranyambaga ze.

Kayumba Darina yambitswe ikamba ry’igisonga cya Kabiri muri Miss Rwanda 2022.Yabaye uwa 3 mu bakobwa bagaragaje impano muri iri rushanwa ry’ubwiza rya 2022.

Kayumba Darina ni umunyamideri wamamariza Kampani zitandukanye.

Previous Story

Bikomeje kuvugwa ko Umuhanzi Harmonize arya inkoko 4 wenyine

Next Story

Ababyeyi ba Censori Bianca batewe agahinda n’umukwe wabo wiyambika ubusa

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop