advertising

Advertising

Yatawe muri yombi nyuma yo kwihagarika kuri mugenzi we barikumwe mundege

5 months ago

Ibintu byabaye bibi nyuma y’uko umugenzi wari mundege yavaga New York yerekeza New Delhi akubiwe maze akihagarika kuri mugenzi we bari kumwe mundege.

 

Nkuko byatangajwe na New Delhi TV, uyu mugenzi yari yasinze kandi ubwo indege yamaraga kugera kukibuga cy’indege uyu mugenzi yahise atabwa muri yombi kubwo kubangamira mugenzi we.

 

Nkuko byatangajwe iki kibazo ntabwo ari ubwa mbere cyari kibayeho kuko mumezi yashize nubundi byabayeho inshuro ebyiri umugenzi akihagarika kuri mugenzi we nubundi mundege iva muri New York igana New Delhi.

 

Kugeza ubu irwego rw’ubushinjacyaha buri gupimwa inkari zuyu mugenzi ngo byemezwe neza ko zari ize

Src:TMZ

Author

Ads

ad

Previous Story

MU MAFOTO: The Ben n’umugore bageze mu gihugu cy’u Burundi yakirwa n’imbaga y’abafana bari baje kumureba

Next Story

Menya ubusobanuro bwo kurota uri gutera akabariro cyangwa kwiroteraho n’icyo wakora ugaca ukubiri nabyo

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop